avatar

RDF ni umuryango mwiza twese twishimiye kuba turimo - Perezida Paul Kagame

RADIO RWANDA
RADIO RWANDA
Episode • Apr 26, 2021 • 16m

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yinjije mu Ngabo z’u Rwanda abofisiye 721 abaha ipeti rya Sous-Lieutenant. Uyu muhango wabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare riri i Gako i Bugesera. 

Umva Ijambo yagejeje ku banyarwanda. 

Switch to the Fountain App