Abana bafite ubumuga hamwe na hamwe, ntibahabwa amahirwe yo kwiga kimwe n’abandi nyamara burya ntabwo baba babuze ubushobozi. Iyo bashyigikiwe n’imiryango yabo ndetse n’izindi nzego zishizwe kwita ku bana, bibatera umuhate mu kwiga no kugira inzozi zagutse! Iyi ni inkuru ishingiye ku buhamya w’umwaka w’umukobwa ufite ubumuga, ugeze mu mashuri yisumbuye mu kigo cya Muhoza ya i giherereye mu karere ka Musanze.