Uyu munsi turasobanurirwa serivise abana bafite ubumuga bahabwa n’uburyo bakomeje kubakirwa ubushobozi kugirango na bo bakomeze kugira uruhare mu miyoborere idaheza abantu bafite ubumuga nyuma ya covid 19 nk’uko bikubiye mu nsanganyamatsiko y’umunsi mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga uzizihizwa taliki ya 3 uku kwezi.